Abantu bo muri Turikiya bagejejwe imbere y’urukiko baregwa kunekera urwego rwa Israel rushinzwe ubutasi bwo hanze, Mossad. Urukiko rwabakatiye gufungwa hafi imyaka 100 yose hamwe iteranyijwe, bakaba b...
Mu ntangiriro z’iki Cyumweru nibwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gutambuka abantu bavuga ko Perezidansi ya Congo- Brazzaville ikoresha Umunyarwandakazi witwa Françoise Joly kandi ari maneko w’u Rwa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Mutarama, 2023 ubutegetsi bwa Iran bwatangaje ko bwamanitse umunya Iran ufite inkomoko mu Bwongereza bwahamije ubutasi yakoreraga ikigo cy’ubutasi bw’A...
Mu guhiga abanzi ba Israel, urwego rw’iki gihugu rushinzwe ubutasi hanze yayo bukoresha uburyo bwose kugira ngo abo banzi bafatwe cyangwa bapfe. Icyakora muri iki gihe Mossad isa n’iyahinduye uko yab...
Abayobozi muri Minisiteri y’ubutasi bo muri Iran batangaje ko mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 27, Nyakanga, 2021 hari abagabo bakekwaho gukorera ubutasi bwa gisirikare bwa Israel, basatswe ...
Guverinoma ya Israel yatangije iperereza ryigenga ku mubano udasanzwe bivugwa ko wamaze imyaka ibiri hagati ya Yossi Cohen wahoze ayobora Mossad n’umugore utari uwe wakoraga mu ndege. Abashinzwe ipere...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gicurasi, 2021, i Bangui muri Centrafrique hafatiwe Umufaransa witwa Quignolot Rémy Juan akurikiranyweho gutoza abarwanyi ba François Bozizé umaze iminsi ...






