Amakuru aravuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ari gutegura mu ibanga uko Itegeko Nshinga ryahinduka kugira ngo azongere yiyamamaze. Impamvu ibitera ni uko ashaka gu...
Guhera ku wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 bamwe mu baturage batangiye kwigaragambya bamagara manda ya gatatu bavuga ko Perezida w’igihugu cyabo Macky Sall ashaka kwiyamamariza. Baramagana Macky S...
Teodoro Obiang Nguema Mbasogo w’imyaka 80 y’amavuko niwe watangajwe ko yatsindiye kuyobora kiriya gihugu muri manda ye ya gatandatu. Asanzwe ari Perezida umaze igihe kinini ku isi ‘ayobora igihugu.’ ...
Louise Mushikiwabo yatanze raporo ya Paje 48 ikubiyemo ibyo yakoze muri manda ye ya mbere yaraye arangije ndetse agatorerwa n’indi y’imyaka ine. Yatangiye kuyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifar...
Hasigaye amasaha make ngo abatuye Congo-Brazzaville batore Umukuru w’igihugu. Bwana Denis Sassou Nguesso niwe uhabwa amahirwe yo kongera gutorwa, akayobora indi manda ya gatandatu. Abagize Ishyaka rit...




