Abayobozi b’u Rwanda n’aba Malai ku rwego rwa ba Minisitiri bamaze iminsi bahanira ku msezerano hagati y’ibihugu byombi. Ayo masezerano yaraye asinywe. Ibiganiro bya nyuma kuri yo by...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya ibyaha bimunga ubukungu muri RIB witwa Banyundo Dieudonné yakiriye kandi aganira n’itsinda ryo muri Mali ku bunararibonye bw’u Rwanda mu gutahura, gukumira no kug...
Mu gihe ibihugu bigize ECOWAS bivuga ko isaha iyo ari yo yose bishobora gutera Niger, ibihugu bituranye kandi biyishyigikiye ari byo Burkina Faso na Mali byayoherereje indege z’intambara ku mipaka ibi...
Mu gihe Afurika ihanze amaso ibibera muri Niger, ubu muri Mali n’aho hari urunturuntu hagati y’abasirikare bafashe ubutegetsi ndetse n’abasivili bagize itsinda ryitwa Coordination des mouvements de l’...
Abayobozi ba Mali n’aba Burkina Faso bavuze ko nihagira abohereza ingabo muri Niger ngo bafashe Perezida Bazoum kugaruka ku butegetsi, bazaba batangije intambara kuri Ouagadoudou na Bamako. Abayobozi ...
Imodoka zari zirimo abayobozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Mali zagabweho igitero kigwamo umuyobozi w’Ibiro bya Perezida. Yiciwe hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania. Muri rusange iki giter...
Nta mezi arindwi arashira ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa Mali butegetse ko Olivier Salgado wari umuvugizi wa MINUSMA kubavira ku butaka. Ubu hatahiwe ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri MINUSMA witwa ...
Minisitiri w’Intebe wa Guverinoma y’inzibacyuho wa Burkina Faso witwa Apollinaire Kyelem de Tambela yasabye mugenzi we wa Mali kurebera hamwe uko ibihugu byombi byakwihuza bigakora igihugu kimwe. Avug...
Mu mwaka wa 2022 ingabo z’u Bufaransa zazinze utwangushye ziva i Gao muri Mali aho zari zimaze imyaka zikambitse. Nyuma yo kwirukanwa muri iki gihugu zimwe zagiye muri Burkina Faso none n’aho zasabwe ...
Ubutegetsi bw’i Bamako bwakiriye indege nyinshi z’intambara bwahawe n’u Burusiya. Ziri mu bwoko bwa Sukhoï Su-25, indege zirwanira k’ubutaka n’izindi zitanga umusada mu kirere bita Albatros L-39. Ubw...








