Perezida Lazarus Chakwera wa Malawi kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru yataramiweho na benshi ku mbuga nkoranyambaga, ubwo yerekezaga mu Bwongereza mu nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga kubera icyo...
Ubwo Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja yakiraga mugenzi we wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza ubwo yari yasuye ishuri rikuru rya Polisi ya Malawi, yamubwiye ko igihugu cye kit...
Kuri uyu wa Mbere nibwo Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yahuye na mugenze Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja bagirana ibiganiro bigamije gukomeza gushimangira ubufa...
Kuva muri Werurwe 2019 Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi bafitanye amasezerano y’ubufatanye akubiyemo ibijyanye no guhanahana amakuru ku byaha n’abanyabyaha no guhanahana amahugur...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Malawi Dr. George Hadrian Kainja yasuye Ishuri rikuru rya Polisi riherereye mu Karere ka Musanze, yemeza ko bagiye kujya bohereza abapolisi kurirahuramo ubumenyi. Dr Kain...
Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP George Kainja kuri uyu wa Kabiri yasuye Ishuri rya Polisi iri mu murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana, asiga avuze ko abapolisi bo muri Malawi bafite gahun...
Ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wa kwikira mu cyubahiro Komiseri mukuru wa Polisi ya Malawi waje gusura Polisi y’u Rwanda no kugirana ibiganiro n’ubuyobozi bukuru b...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko urukingo rwa RTS,S rurimo kwifashishwa mu gukingira malaria mu bana, rumaze guhabwa abasaga 650.000 mu bihugu bya Malawi, Ghana na K...







