Leta ya Florida mu zindi zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko indwara ya Malaria yatangiye kuba ikibazo kuko abaturage bayo bakomeje kuyandura. Malaria ni indwara iterwa n’umubu w’ingore bi...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rushimirwa ingamba rwafashe kugira ngo habeho kwirinda indwara ariko habeho n’uburyo bwo kuzivuza. Icyakora hari amakuru aherutse gutangazwa na raporo y’umugenzuzi mukuru w...
Yitwa Melinda French Gates akaba yarahoze ari umugore w’umuherwe w’Umunyamerika William Henry Gates III uzwi ku izina rya Bill Gates. Melinda yanditse kuri Twitter ko iyo urebye uko u Rwanda rukoresha...
Abitabiriye Inama yigaga ku mikoranire igamije guhangana n’indwara zitandura nka Malaria barimo n’Uruganda rwitwa Novartis International AG rusanzwe rukora imiti rwatangaje ko bemeje ibyav...
Uwo ari we wese wabaye mu gace kabamo imibu, azi ukuntu itesha abantu umutwe, ikababuza gusinzira. Imibu ibuza umuntu gusinzira ishaka amaraso ariko abahanga basanze ibifashwamo n’andi mayeri benshi t...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata benshi. Avuga ...
Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, bwagaragaje ko mu bihe by’icyorezo cya COVID-19 serivisi zo kurwanya malaria mu gihugu zakomeje, ariko zahungabanye mu buryo bugaragara urebye ibyat...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko ubwandu bwa malaria ku mwaka bukomeje kugabanyuka kimwe n’imibare y’abahitanwa nayo, ku buryo mu mwaka ushize wa 2020 abazize iyo ndwara bari 148, bavuy...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko urukingo rwa RTS,S rurimo kwifashishwa mu gukingira malaria mu bana, rumaze guhabwa abasaga 650.000 mu bihugu bya Malawi, Ghana na K...








