Abahanzi nyarwanda muri rusange bishimiye ko umusaza Abdul Makanyaga yavuye mu bitaro. Jane Uwimana uri mu bamubaye hafi yabwiye Taarifa ko bateganya kuzakoresha igitaramo cyo kwishimira imyaka 50 Mak...
Jane Uwimana umwe mu bari gukurikiranira hafi ubuzima bw’umuhanzi w’umukambwe Abdul Makanyaga avuga ko uyu mugabo ari gutora akabaraga. Mu masaha make ashize hari urubuga nkoranyambaga rwari rwamubit...
Umuhanzi uri mu bamaze igihe muri aka kazi kurusha abandi mu Rwanda witwa Makanyaga Abdoul arwariye bikomeye mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali nk’uko kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda kibyemeza...


