Perezida Paul Kagame yageze i Accra muri Ghana mu irahira rya Perezida mushya wa Ghana John Dramani Mahama hamwe na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang. Bimwe mu byo abo bagabo bavuga ko bazahanga...
John Dramani Mahama wigeze kuyobora Ghana niwe wongeye gutorerwa uwo mwanya ukomeye kurusha indi muri Ghana. Uwo bari bahanganye witwa Mahamudu Bawumia , akaba yari asanzwe ari Visi Perezida we, yemey...
Ubwo impunzi z’Abarundi zaraba ziri mu nzira zitaha, biteganyijwe ko ziri buze guca mu Mujyi wa Kigali. Impunzi 78 z’Abarundi zibarizwa mu miryango 34 zabaga mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe z...
Mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Mahama haravugwa inkuru y’umuforormo ukorera mu kigo nderabuzima cy’uyu murenge watawe muri yombi n’Ubugenzacyaha akurikiranyweho gusambanya umugore yari agiye kubyaza...
Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko witwa Ninganza Dieudonné bivugwa ko yari impunzi y’Umurundi y’i Mahama, yapfiriye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze. Bivugwa ko yari yasinze aza gushyamiran...
Guhera ku wa Mbere Taliki 19, Ukuboza, 2022 mu Rwanda hageze itsinda ryaje gushishikariza impunzi z’Abarundi zahungiye mu Rwanda gutahuka. Kuri uyu wa Kabiri basuye inkambi ya Mahama baganira n’impunz...
Umuryango uharanira imibereho myiza y’abana, Save the Children, ivuga ko ubushakashatsi wakoze bwaweretse ko igwingira mu bana baba mu nkambi y’impunzi y’i Mahama ryagabanutse ku kigero cya 40% guhera...
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yatangaje ko umwaka ushize wa 2021 warangiye Leta y’u Rwanda imaze gufasha impunzi z’Abarundi zisaga 30,000 gutahuka, nyuma y’imyaka isaga itandatu ziri mu gihugu. N...
Impunzi 911 zari zisigaye mu nkambi ya Gihembe mu Karere ka Nyamagabe zimuwe zijyanwa mu Nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe. Imbere iriya nkambi yari ituwemo n’impunzi 12, 000 zi yari imaze imya...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) inkunga ya miliyoni € 1.5 – ni ukuvuga agera muri miliyari 1.7 Frw – yo gufasha impunzi z’Abarundi mu...









