Ibigo by’imari ku isi byategetse Tanzania kubiha ‘imibare isobanura neza’ uko ubwandu bwa COVID-19 bumeze niba yifuza ko biyiha inguzanyo. Ibyo bigo ni Ikigega mpuzamahanga cy’imari ndetse n’Umuryango...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente niwe uzahagararira Perezida wa RepubulikaPaul Kagame mu muhango wo gusezera nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli. Uyu muyobozi wa Tanza...
Major General Charles Karamba uhagarariye u Rwanda muri Tanzania yanditse mu gitabo kirimo amagambo asezera kuri Perezida John Pombe Magufuli uherutse kwitaba Imana. Abanyacyubahiro hirya no hino ku i...
Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...
Leta ya Tanzania yemeje ko John Pombe Magufuli wari perezida wa gatanu w’icyo gihugu yitabye Imana ku myaka 61. Urupfu rwe rwatangajwe na Visi Perezida Samia Suluhu Hassan kuri televiziyo y̵...
Minisitiri w’Intebe wa Tanzania Bwana Kassim Majaliwa yatangaje ko Dr John Pombe Magufuli ari muzima kandi ari mu kazi ndetse ko agakorana umurava. Majaliwa avuga ko impuha z’uko Perezida Magufuli are...
Ku mbuga nkoranyambaga z’abatuye Tanzania handitswe ko Perezida John Pombe Magufuli ari mu bitaro byo muri Kenya, kandi ko arembye. Abenshi baremeza ko arwaye COVID-19. Hari hashize ibyumweru runaka a...
Minisiteri y’ubuzima muri Tanzania yemeje ko indwara iri kwica abaturage ari COVID-19. Ibiro bishinzwe kuvugira iyi Minisiteri bivuga byemeje ko ibimenyetso bihari byerekana ko muri kiriya gihugu har...
Perezida John Magufuli wa Tanzania yasabye ko haba indi minsi itatu yo gusenga no kwiyiriza basaba Imana kubakiza coronavirus ivugwa bushya muri iki gihugu. Mu ijambo rye mu gushyingura umunyamabanga ...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yashimiye mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni ko yongeye gutorerwa kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yatsinze abandi 10 barimo na Bobi Wine waje ...









