Ibarura ry’ibicuruzwa byari biri muri MAGERWA ishami rya Burera rivuga ko ibi byose byari bifite agaciro ka Miliyoni Frw 7. Mu Byumweru bike bishize nibwo inzu ibikorwamo ibicuruzwa bisorera ku mupaka...
Amakuru ava mu Karere ka Burera avuga ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, ububiko bw’ibicuruzwa bwa MAGERWA hafi y’Umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda bwakongowe n’umuriro....
Mohd Yassin uyobora Ikigo cyakira imizigo izana mu Rwanda, Magasins Géneraux du Rwanda, (MAGERWA) avuga ko nk’umunyamahanga umaze imyaka ibiri mu Rwanda, yasanze uko Abanyarwanda babanye ari urugero r...
Ni bimwe mubyo Umuyobozi w’Ikigo MAGERWA yaraye abwiye abari baje kwibuka abahoze ari abakozi b’iki kigo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mohd Yassin Bin Kabir asanga kugira ngo u Rwanda...



