Abagabo 10 bafatiwe mu Murenge wa Matimba mu Kagari ka Kagitumba mu Karere ka Nyagatare binjiza mu Rwanda amasashi 121,000 kandi atemewe. Abatuye aka gace gakora ku mupaka w’u Rwanda na Uganda nibo ba...
Mu Mudugudu wa Butete, Akagari ka Kabyiniro mu Murenge wa Cyanika ku wa Kane taliki ya 13, Mata,2023 ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba hafatiwe abagore babiri bafite amashashi 20,000 ba...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu ryafatiwe mu Karere ka Gasabo abant batatu bafite magendu y’inzoga zihenze zifite agaciro ka Miliyoni 5, 414, 000. Abo bagabo baguwe gitumo baf...
Abacuruzi 11 baherutse gufatirwa muri Nyamasheke bapakiye ku magare ibiko 800 bya magendu y’imyenda, inkweto n’ibitenge 25 . Polisi ivuga ko bariya bacuruzi bari bajyanye iriya mari mu isoko ry’ahitwa...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu riherutse gufatira mu Karere ka Nyagatare amavuta menshi yangiza uruhu. Yayafatanye abagabo babiri, barimo umwe w’imyaka 28 n’undi w’imyaka 38 y...
Taarifa yamenye ko hari umuturage wa Uganda witwa Turyahikayo Jackson uherutse kuraswa apfira mu Mudugudu wa Tabagwe, Akagari ka Tabagwe mu Murenge wa Tabagwe ubwo yateraga icumu abashinzwe umutekano ...
Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda baherutse gufatira mu isoko amabalo atandatu y’imyenda yari yinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Icyo gihe hafas...
Umusore witwa Pascal Niyigena w’imyaka 22 y’amavuko aherutse gufatanwa amashashi 16,400 yari yinjije mu Rwanda. Ni Amashashi atabora kandi ntiyemewe mu Rwanda. Uwafashwe yari ari kumwe n’abantu babiri...
Abashinzwe umutekano ndetse n’abayobozi mu nzego z’ibanze bavuga ko hari abamotari bakorana n’abinjiza ibiyobwenge na magendu biva muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo babizana mu Rwanda. Kubera ko ...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU), ryaraye rifatiye mu Mujyi wa Nyagatare imodoka ya tagisi isanzwe itwara inzoga za likeri, yari ipakiye imifuka icyenda irimo i...









