Byaraye byemejwe bidasubirwaho ko Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa mu yindi manda y’imyaka itanu. Mu Bwongereza bavuga ko bizatanga amahirwe ko Londres iganira na Paris uko abimu...
Kuri uyu wa 24, Mata, 2022 Abafaransa baba mu Rwanda bifatanyije na bagenzi babo baba hirya no hino ku isi mu matora y’Umukuru w’igihugu cyabo. Abahatanira uyu mwanya ni Marine Le Pen na Emmanuel Macr...
Amajwi amaze kubarurwa mu biyamamariza kuyobora u Bufaransa kugeza ubu, arerekana ko Emmanuel Macron ari imbere, agakurikirwa na Marine Le Pen. Macron afite 27,6% n’aho Le Pen akagira 23, 41%. Aya maj...
Mu gihe kuri iki Cyumweru taliki 10, Mata, 2022, Abafaransa bazatora uzabayobora mu yindi myaka itanu, imibare y’agateganyo irerekana ko Emmanuel Macron ari we uri imbere akarusha Marine Le Pen umukur...
Ibiro Ntaramakuru by’u Bufaransa bivuga ko Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura yaraye ahuye na mugenzi we uyobora iz’u Bufaransa witwa General Thierry Burkhard. Ni ubwa mbere...
Inyandiko ikubiyemo ubutumwa Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagejeje ku Bafaransa abamenyesha imigambi afitiye igihugu cye nibongera kumutora, yavuze ko icyo ashaka ari uko u Bufaransa buba ig...
Ikigo NSO cyo muri Israel cyahagaritse ikoreshwa ry’uburyo bw’ikoranabuhanga bwa Pegasus nyuma ya raporo y’uko bwakoreshejwe mu kuneka abantu barimo abami n’Abakuru b’ibi...
Minisitiri w’ingabo za Israel Benny Gantz aherutse kubwira mugenzi we uyobora ingabo z’u Bufaransa Madamu Florence Parly ko ikoranabuhanga rya Pegasus Israel irigurisha ibihugu byugarijwe n’iterabwob...
Perezida Emmanuel Macron avuga ko muri iki gihe mu gihugu cye hari abantu benshi barangije kumva ko batandukanye n’abandi, ko ari bo bantu nyabo. Ibi, kuri we, birahangayikishije. Ni mu kiganiro yahay...
Umunyapolitiki witwa Marine Le Pen yatangarije France Inter ko iyo yitegereje uko amatora ari kugenda, asanga hari ikizere cyo gutsinda. Anenga Emmanuel Macron ko afata Abafaransa nk’abana b’imyaka in...









