Madamu Mette Frederiksen yatunguwe no kubona umugabo aje aramuhirika yitura hasi muri kaburimbo yo mu Murwa mukuru Copenhagen ariko uwamukubise yahise afatwa na Polisi. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ...
Kuri uyu wa Mbere taliki 29 no kuri uyu wa Kabiri Felix Tshisekedi araba ari i Paris mu Bufaransa aho ajyanywe no gusaba Emmanuel Macron gufatira u Rwanda ibihano ngo kuko rukomeje gufasha M23. Indi n...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora Ubufaransa Emmanuel Macron baganira ku ngingo zitandukanye zirimo uko umubano hagati ya Kigali na Paris warushaho gutezwa imbere no mu zi...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Emmanuel Macron azageza ijambo ku banyacyubahiro n’abandi bazaba bakurikiye igikorwa cyo gutangiza umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 20. Iki gi...
Gabriel Attal wari usanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yabaye Minisitiri w’Intebe asimbuye Elisabeth Borne waraye weguye. Gabriel Attal afite imyaka 34 y’amavuko. Attal ni Umufaransa uko...
Nyuma ya Joe Biden, kuri uyu wa Kabiri, taliki 24, Ukwakira, 2023, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron nawe arajya muri Israel kuganira n’abayitegeka ngo abasabe kugabanya uburakari bafitiye abatuye...
Mu rwego rwo gukora isuzuma ry’uko ibintu byifashe n’uburyo byashyirwa ku murongo, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron kuri uyu wa Mbere taliki 03, Nyakanga, 2023 arahura n’Abayobozi b’Inteko ishing...
Wembanyama ni Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Yaraye ashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi ikipe yitwa San Antonio Spurs yifuza gukinisha. Bivugwa ko muri iyi kipe, Wemban...
Mu Rwanda hari itsinda ry’ingabo z’Ubufaransa ziyobowe na Brig Gen Fabien Kuzniak usanzwe ushinzwe ububanyi n’amahanga mu ngabo, akaba yahuye na bagenzi be bayobora ingabo z’u Rwanda baganira uko impa...
Nyuma y’uko Emmanuel Macron avuze ko u Burayi bugomba kwirinda kwivanga mu bibazo bireba Amerika n’u Bushinwa, bamwe mu bantu bashyigikiye ko Taiwan yigenga bavuze ko Macron yahubutse, avuga amagambo ...









