Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Emmanuel Macron yatangaje ko agiye gusuzumira hamwe n’abanyamategeko uko abana bafite munsi y’imyaka 15 y’amavuko batakwemererwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Iki gitekerezo gifitwe kandi n’Ubugerek...
Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa aganira na mugenzi we Emmanuel Macron. Perezidansi y’u Rwanda ivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri byinshi bifite aho bihuriye...
Jean-Noël Barrot uyobora Ububanyi n’amahanga bw’Ubufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yakiriwemo na Perezida Kagame. Ubwo yageraga i Kanombe kuri uyu wa Kane tariki 30, Mutarama, 2025 yakiriw...
Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko yaraye aganiriye na bagenzi be bayobora u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, batinda ku ntambara ikomeje guca ibintu hafi ya Goma. Yasabye ko...
Bamwe bashobora kuba batabizi, ariko burya Ubufaransa busa n’ubwakolonije Lebanon.Kuba Israel iri gusenya ibikorwaremezo by’iki gihugu mu ntambara iri kurwana na Hezbollah, ntibishimisha E...
Paul Kagame na mugenzi we uyobora Ubufaransa Emmanuel Macron baganiriye ku bibazo byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, barebera hamwe icyakorwa ngo bikemuke, umutekano usagambe. Perezida Kagame yari a...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yaratiye abandi bayobozi ibigwi bya mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bya siporo nka BK Arena. Hari mu ijambo yabagejejeho...
Kuri iki Cyumweru mu Bufaransa baraye mu kaduruvayo katewe n’uko abashyigikiye Marine Le Pen w’ishyaka ry’abahezanguni Rassemblement National, baraye batakaje amatora mu Nteko ishinga amategeko, ntiba...
Politiki y’Ubufaransa muri iki gihe ifite isura bamwe bavuga ko ishobora kuzatuma ibintu byose bihinduka mu myaka mike iri imbere. Babihera ku ngingo y’uko ishyaka ryari rimaze iminsi riharanira ko ib...









