Umuryango w’abaganga batagira umupaka bita Médecins Sans Frontières (MSF) uratabariza impunzi ziba mu nkambi z’i Goma ko zugarijwe n’indwara Abanyarwanda bita Macinyamyambi. Kutagira...
Inzego z’ubuzima za Cameroun zifatanyije n’iz’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye zatangaje hari Intara za Cameroun zugarijwe n’indwara ya macinya myambi( chorela) ikaba imaze kwica abantu 34. Kugeza ubu ...

