Madamu Angie Motshekga uyobora Minisiteri y’ingabo za Afurika y’Epfo ari i Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuganira n’ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu ku cyakorwa ngo M23 isubizwe inyuma. ...
Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwabujije abarobyi n’abasare basanzwe bakorera mu mazi y’ikiyaga cya Kivu hagati ya Goma na Bukavu kongera gusubira muri iki kiyaga. Le Général-Major Peter ...
Kuri iki Cyumweru hari abasore bane bafashwe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biyemerera ko batorejwe igisirikare muri Uganda bigizwemo uruhare na Thomas Lubanga Dyilo uyobora ishyaka UPC...
Perezida Felix Tshisekedi yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu gihugu cye ko ari ngombwa ko u Rwanda rufatitwa ibihano kuko rufasha M23. Yasabye abo badipolonate ko ibihugu byabo bigomba gufatira ib...
Umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Le Général de Brigade Gaspard Baratuza yabwiye itangazamakuru ko abavuga ko hari ingabo z’iki gihugu zafashwe na M23 babeshya, ko icyabo ari uguharabikana. Baratuza yabi...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Perezida Kagame yavuze ko yigeze guha ubuyobozi bwa DRC inama y’uko ibihugu byo mu Karere bifite imitwe ibihungabanyiriza umutekano byajyayo bigafatanya bikayirukana...
Imirwano y’inkundura hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo na M23 irakomeje ahitwa Ngungu muri Gurupema ya Ufamandu yafi y’i Sake, ingabo z’iki gihugu zikarwana zishaka uko zakwirukana...
Olivier Nduhungirehe uyobora Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda avuga ko bitumvikana ukuntu amahanga yahagurutse agahagarara ngo ni uko M23 yafashe Masisi kandi atarigeze yamagana ubwicanyi a...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yemeza ko abarwanyi babo batarwanira imyanya muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyangwa amapeti yo mu gisirikare cy’iki gihugu. Avuga ko ic...
Kuri uyu wa Kabiri abasirikare 13 ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakatiwe n’urukiko rwa Butembo igihano cyo kwicwa bazizwa ko bahuze urugamba bari bahanganyemo na M23. Ababuranishwaga bose hamwe...









