Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner yavuze ko kuba M23 yatangaje ko igiye kuva i Walikale no mu nkengero z’aho ari ikintu cyiza ariko gikwi...
Nyuma y’igihe gito M23 ifashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryanzuye kwimura ingabo zaryo zari ziri mu Mujyi wa Walikal...
Muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Epfo haravugwa imirwano hagati y’Umutwe w’Abarundi witwa RED Tabara uvuga ko urwanye Leta y’Uburundi n’abagize urubyiruko rwa Wazalendo bamaze igihe ba...
Joseph Kabila wahoze uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ntaho ahuriye na M23, ko abamuhuza nayo babeshya. Uyu mugabo umaze igihe uba muri Afurika y’Epfo yabitangaje mu kiganiro yahaye ...
Umutwe AFC/ M23 wanzuye kutitabira ibiganiro byo muri Angola byari buwuhuze na Guverinoma ya DRC. Uyu mutwe wasohoye itangazo ugaragaza ko uhagaritse kwitabira ibiganiro byari kuyihuza n’intumwa za Le...
Nyuma y’igihe gito u Rwanda ruhaye abadipolomate b’Ububiligi amasaha 48 ngo babe baruviriye ku butaka, nabwo bwavuze ko bugiye kwirukana abadipolomate barwo. Maxime Prévot ushinzwe ububanyi n’amahanga...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka yasabye urubyiruko kwitabira kujya mu gisirikare ku bwinshi kugira ngo rukome imbere M23. Yavuze ko Leta yazamuye umusha...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bafashe ikirwa kinini muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, giherereye mu kiyaga cya Kivu kirwa Ijwi. Gisanzwe gituwe n’Abanye-Congo barimo abavuga kandi bakumva nez...
Guverinoma ya Angola yatangaje ko tariki 18, Werurwe, 2025 ari bwo, ku mugaragaro, hazatangira ibiganiro hagati y’intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza M23. Bizabera mu Murw...
Mu buryo bwitondewe, mu minsi ishize habaye ibiganiro hagati ya Perezida wa Angola akanayobora Afurika yunze ubumwe na mugenzi we Tshisekedi barebera hamwe amahirwe ahari ngo uyu azaganire n’inyeshyam...








