Ahagana saa yine z’ijoro kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu gice cy’Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma uturanye n’Akarere ka Rubavu humvikanye ibisasu biremereye. Abahatuye babwiye itangaza...
Mu Murwa mukuru wa Qatar ari wo Doha hari bubere ibiganiro bihuza intumwa za M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko byasubitswe kugeza ku itariki itatangajwe. Byari byateguwe mu ...
Umwe mu bayobozi b’urubyiruko rwa Wazalendo yabwiye Minisitiri w’ingabo za DRC Alexandre Luba Ntambo ko we na bagenzi be barambiwe ingabo z’u Burundi kuko ngo zibitambika mu kazi. Uwo muntu agira ati:...
Abantu bane bo mu muryango umwe hamwe n’abapolisi babiri bo muri Polisi y’u Burundi ikorera i Bujumbura bafunzwe bakurikiranyweho kuganira ku ntambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bagash...
Dr. William Samoei Ruto uyobora Kenya akayobora n’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba yaganirije abantu batanu baherutse gushyirwaho ngo bazabe abahuza mu bibazo biri hagati ya M23 na Repubulika ya ...
Mu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira. Bwabasabye ahubwo...
Imitima y’abayobozi bakuru mu Burundi irahagaze. Ibi ahanini biterwa n’ubwoba bushingiye ku makuru bavuga ko ashingiye ku makuru y’uko u Rwanda rushaka kubatera. Perezida Evariste Nd...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...
João Lourenço uyobora Angola yatangaje ko atakiri umuhuza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, avuga ko ubu agiye gushyira imbaraga mu nshingano yahawe zo kuyobora Afurika yun...
Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye ko u Rwanda na DRC biyemeje guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa DRC kandi ko byatangiye gushyirwa mu bikorwa. Qatar ivuga ko iyi ari intambwe ishimishije mu gu...









