Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko ntaho buhuriye n’imirwano yatangijwe n'umutwe wa M23 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahubwo ko abo barwanyi baturutse muri Uganda ari na...
Abaturage benshi bamaze kuva mu byabo bahunga imirwano yatangijwe n’inyeshyamba ku ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bice bya Chanzu na Runyoni muri Rutshuru. Bikekwa ko abagabye ibyo bit...

