Iyi ni imwe mu nteruro zigize ijambo Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi , yagejeje kuri bagenzi be bitabiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma byo mu Muryango w’...
Nyuma y’iminsi igera kuri 40 inyeshyamba za M23 zifashe ahitwa Bunagana muri Kivu y’Amajyaruguru, ubu zamaze gushyiraho inzego z’ubuyobozi. Ni ibyemezwa n’abaha Taarifa amakuru. Ubuyobozi bwa M23 bwas...
U Rwanda rwahuriya na DRC muri Angola kugira ngo intumwa z’ibihugu byombi ziganire uko intambwe zo kugarura amahoro muri DRC no gutuma umwuka w’amahoro n’ubuvandimwe hagati ya Kigali na Kinshasa zater...
Muri Uganda haraye hageze Itsinda ry’intumwa zoherejwe na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ngo zibaze mugenzi we wa Uganda uko ikibazo cya M23 cyakemuka. Museveni yamub...
General Sultan Makenga uyoboye umutwe w’inyeshyamba za M23 mu mashyamba ya Congo yatangaje ko arangije gutegura uburyo bwo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi. Yigeze kuvuga ati: “Hadui ...
Perezida Paul Kagame yabwiye isi yose ko yiteguye kuzongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda no mu yindi myaka 20 iri imbere kubera ko abaturage ari bo bahitamo ubayobora. Umunyamakuru wa France 24 yar...
Itangazo rigenewe abanyamakuru ryatangajwe n’abateguye Inama y’Abakuru b’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo igamije kureba uko ikibazo kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya C...
Hari Taliki 12, Kamena, 2022 ubwo abarwanyi ba M23 bashushubikanyaga ingabo za Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo zimwe zihungira muri Uganda zambukiye ku mupaka wa Bunagana. Mu rwego rwo kwere...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 05 n’iya 06, Nyakanga, Perezida Kagame arajya muri Angola guhura na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo baganire uko ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubul...
Intambara irakomeje muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kandi ku rwego rukomeye. Abarwanyi ba M23 berekanye intwaro nyinshi ndetse na radio z’itumanaho rya gisirikare bambuye ingabo za Repubulika y...









