Itangazo ryaturutse mu Biro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko u Rwanda rwababajwe n’icyemezo Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yafashe cyo kwirukana uwari uruhagarariye i K...
Nyuma y’igihe Ubutegetsi bw’i Kinshasa bushinja u Rwanda gushyigikira M23, bwafashe umwanzuro wo kwirukana uwari uhagarariye u Rwanda muri kiriya gihugu Ambasaderi Vincent Karega. Hagati aho kandi imi...
Kuri uyu wa Gatandatu amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aravuga ko abarwanyi ba M23 bamaze gushyiraho umuntu uyobora Agace ka Rutchuru. Ikindi ni uko no mu bindi bice yamaze kwi...
Ni ibyemezwa na Ambasaderi wa DRC mu Muryango w’abibumbye Bwana Georges Nzongola-Ntalaja. Kuri uyu wa Kane Taliki 27,10,2022 yabwiye Akanama k’Umuryango w’abibumbye gashinzwe amahoro...
Abarwanyi ba M23 bakomeje kwihagararaho mu ntambara bari kurwana n’ingabo za DRC zishaka kubirukana aho bari basanzwe barafashe mu mezi ashize. Icyakora abo barwanyi baracyafite umujyi wa Bunagana nd...
Abo ni Col Désiré Lobo na Col Jean-Marie Diadia wa Diadia bari bakuriye ingabo za bataillon 3412 na 3307. Bararegwa ibyaha bine birimo guhunga imbere y’umwanzi, guta intwaro n’ibindi bikoresho, kuren...
Amakuru atangwa n’umunyamakuru wo muri Kenya uri mu bakomeye witwa Mwangi Maina avuga ko itsinda ry’ingabo zidasanzwe za Kenya zamaze kugera i Bunagana muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho zahaw...
Mu kiganiro Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Antoine Felix Tshisekedi aherutse guha France 24 yavuze ku kibazo cya Lieutenant-General Philémon Yav Irung kivuga ko hari uburyo akorana n’u ...
Hagati y’Italiki ya 09 n’Italiki ya 10, Kanama, 2022 Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken arateganya kuzasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’u Rwanda. Ic...
Hari amakuru yatangajwe na VOA avuga ko abarwanyi ba M23 bubuye imirwano mu gace ka Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru avuga ko iriya miryango yuburiye mu duce twitwa Kabingo na Rubavu ...









