Umukuru wa Kenya Dr. William Ruto aratangira uruzinduko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bivugwa ko azagiranamo ibiganiro birambuye na mugenzi we uyobora iki gihugu witwa Felix Tshisekedi. Hagat...
Mu rwego rw’akazi ke k’ubuhuza, Uhuru Kenyatta yaraye ageze i Goma kureba uko ibintu byifashe. Muri uyu mujyi kandi niho ingabo z’igihugu akomokamo, Kenya, zikambitse mu gihe zitegura gutangira guhan...
Edouardo Filomeno Bárber Leiro Octávio uhagarariye Angola mu Rwanda avuga ko ubuhuza buri gukorwa na Perezida w’igihugu cye hagati y’ibihugu birebwa b’ibiri kubera mu Burasirazuba bwa DRC bukomeye. Ng...
Mu gihe ibikorwa by’ububanyi n’amahanga bishyushye mu Byumweru nka bitatu bishize, Umutwe wa 23 wo ukomeje kotsa igitutu ingabo za DRC ndetse ngo ziri mu bilometero bike ngo zigere i Goma nk’uko amaku...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko abarwanyi ba M23 bari kototera umujyi wa Goma. Ubu bari mu Bilometero 20 mbere y’uko bagera muri uyu mujyi. Ni intera ingana no kuva mur...
Nyakubahwa Umaro Sissoco Embaló uyobora Guinea-Bissau ari mu Rwanda. Yazanywe no kuganira na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame ku ngingo zireba umubano w’ibihugu byombi ndetse no ku bibazo by’u...
Perezida wa Angola João Manuel Goncalves Lourenço yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Nyuma y’ibiganiro bagiranye mu mwiherero, y...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Taliki 12, Ugushyingo, 2022 nibwo abasirikare ba mbere ba Kenya bageze mu Mujyi wa Goma mu rwego rwo gutanga imbere umutwe wa M23 bivugwa ko ufite umugambi wo kuhi...
Indege z’intambara za DRC ziri gusuka bombe nyinshi mu bice abarwanyi ba M23 bamaze iminsi barigaruriye. Ni indege zo mu bwoko bwa Sukhoi-25, DRC yakuye mu Burusiya. Ku rundi ruhande, abarwanyi ba M2...
Nyuma y’umwuka mubi umaze amezi hagati ya Kigali na Kinshasa, ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahuruye i Luanda muri Angola baganira uko uyu mwuka w...









