Ubuyobozi bwa gisirikare bwa M23 bweretse itangazamakuru abasirikare uyu mutwe uvuga ko uherutse gufatira ku rugamba barimo n’ufite ipeti rya Lt Col. Uyu ni Lt Col Assani Kimonkola Adrien. We na bagen...
Ubuyobozi bwa M23 bwaraye butangaje ko uyu mutwe ugiye guhagarika intambara ukava no mu bice wigaruriye. Icyakora uracyasaba ibiganiro n’Umuhuza mu bibazo bya DRC. Si ubwa mbere usabye ibi biganiro nt...
Ku rubuga rwe rwa Twitter, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa Antony Blinken yatangaje ko yaganiriye na Perezida Paul Kagame ku kibazo cy’umuteka...
Amakuru aturuka i Nairobi avuga ko abarwanyi bari mu biganiro na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri kubera i Nairobi muri Kenya barasaba ko bahabwa imbabazi na Leta ku byaha bakoze k...
Umukuru w’ Rwanda yabwiye abanyacyubahiro bari baje mu muhango wo kwakira indahiro ya Dr. Sabin Nsanzimana na bagenzi be bamaze iminsi mike bashyizwe muri Guverinoma ko u Rwanda rukoresha neza inkunga...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye bagenzi be bitabiriye Inama yakozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga ko kugira ngo ikibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa DRC gikemuke ari ngombwa ko ikibazo muzi kiwutera...
Mu masaha ya kare kuri uyu wa Mbere Taliki 28, Ugushyingo, 2022, muri Kenya harabera ibiganiro byitabirwa n’Abakuru b’ibihugu bya EAC ndetse n’imitwe y’inyeshyamba igera kuri 15 ariko M23 yo ntiyah...
Mouvément du 23, Mars,( M23) yatangaje ko ishaka kugirana ibiganiro byihariye na Perezida Lorenco ndetse na Uhuru Kenyatta, ikabagezaho icyo itekereza ku myanzuro iyireba mu yiherutse gufatirwa i Luan...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bahagaritse imirwano bari bamaze igihe barwana n’ingabo za DRC. Mu gihe ari uko byanzuwe, Kenya yohereje itsinda rya gatatu ry’abasirikare bayo baje kurwanya M23 n’indi m...
Inama yaraye ihuje Abakuru b’ibihugu byo mu Karere u Rwanda na DRC biherereyemo bahuriye Luanda muri Angola yanzuye ko imirwano iri kubera mu Burasirazuba bwa DRC ihagarara, FDLR igashyira intwaro has...









