Amakuru avuga ko kuri uyu wa Mbere ahagana mu masaha ya kare mu gitondo abarwanyi birukanye ingabo za DRC mu gace kitwa Kisharo. Niko gace gakomeye ka Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyar...
Mu mpera z’Ukuboza, 2022 hari amashusho abantu bazindukiyeho y’imirambo y’abantu bari bambaye imyenda y’impuzankano y’ingabo za DRC. Umwe muri abo bantu yari Umuzungu bivugwa ko ari umucanshuro wo mu...
Mu bice bya Karenga na Karuli hagati ya Pariki y’Ibirunga na Teritwari ya Nyiragongo, amasasu aravuza ubuhuha hagati y’abarwanyi ba M23 n’ingabo za DRC. Aho imirwano iri kubera ni hafi ya Teritwari ya...
Hashize iminsi itatu itsinda rya UN rivuga ko ryigenga risohoye raporo ivuga ko hari ibimenyetso simusiga ryabonye byemeza ko ingabo z’u Rwanda, RDF, zinjiye ku butaka bwa DRC gufasha M23. Ibika by’i...
Umuvugizi w’ingabo za DRC witwa Major General Sylvain Ekenge avuga ko abarwanyi ba M23 banze gusubira mu birindiro bahozemo byo mu Birunga bya Sabyinyo nk’uko bikubiye mu masezerano y’i Luanda yasiny...
Ubuyobozi bukuru wa M23 bakomeje gushyiraho abantu bayobora ibice uyu mutwe wafashe. Kuri uyu wa Gatatu Taliki 21, Ukuboza, 2022 hashyizweho abazayobora agace ka Rubare kari muri Rutshuru. Radio Okap...
Taliki 16, Ukuboza , 2022 ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zateye M 23 ziyitunguye ziyisukaho umuriro w’inkekwe. Iyo mirwano yarangiye ingabo za DRC zigambye kwirukana M23 mu bice bine war...
Tito Rutaremara avuga ko uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo muri iki gihe Bwana Felix Tshisekedi mu buto bwe yakuriye mu bitekerezo by’umugabo witwa Mobutu Sese Seko byavugaga ko buri muntu ago...
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken avuga ko yaraye ahuye na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi n’itsinda yari ayoboye...
Mu gihe bisa nk’aho nta handi abayobozi ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahanze amaso uretse kuri M23, mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bw’iki gihugu abaturage bari kumarana. Ni abaturage bo...








