Umuhuza hagati ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’imitwe iyirwanya Uhuru Kenyatta avuga ko umutekano wasubiye irudubi. M23 ikomeje kwigarurira ibice bitandukanye bw’u Burasirazuba bwa DRC....
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda ubwo yabwiraga inteko rusange y’Abadepite k’umubano w’u Rwanda n’ibihugu birukikije, Dr. Vincent Biruta yavuze ko kuba inama yabereye i Nairobi itaratumowem...
Col Sérge Mavinga yaguye muri gereza ya Ndolo aho yari amaze amezi make afungiwe kubera ibyo yari akurikiranyweho birimo igikomeye cyo ‘gukorana n’umwanzi’. Umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru Afrikarabi...
Umuyobozi wa kimwe mu bice bigize Rutshuru kitwa Bambo yatangaje ko abarwanyi ba M23 bakajije ibirindiro byabo byegereye ahitwa Tongo, Mulimbi, Kishishe, Bwiza, Mabenga-Rwindi no ku gasozi ka Nyundo m...
Mu kiganiro kihariye Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yahaye Taarifa kubyo Perezida Tshisekedi aherutse gutangaza by’uko u Rwanda ari rwo ntandaro y’umutekano muke mu Kar...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Aban...
Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda cy’iterambere, RDB, Clare Akamanzi yaraye abajije Tshisekedi ko niba mu by’ukuri abona ko umutekano muke ari ikibazo ku gihugu cye, atagombye gushyira mu bikorwa ibikubiy...
Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC. Ni imyitozo ngarukamwa...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose. Abagize Sosiyete sivile mur...
Umwe mu miryango ya sosiyete sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ukorera muri Ituri watangaje ko hadutse inyeshyamba ziyise Zaïre. Abazigize bashinjwa kuba inyuma y’urupfu rw’abantu 64 bish...








