Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na Mai Mai mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, iyi mirwano ikaba yabereye muri teritwari ya Rutshuru. Radio Okapi yanditse ko imirwano iri kubera by’umwihariko mu duce M2...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yagiye muri Congo-Brazzaville kuganira na mugenzi we Denis Sassou Nguesso. Nta makuru arambuye ku bikubiye mu biganiro byabo ariko nk’uk...
Perezida Félix Tshisekedi yabwiye abanyamakuru ko ingabo z’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba zoherejwe mu gihugu cye zitakihifuzwa kuko n’igihe zari zarahawe kizarangirana na Kamena, 2023. Hari mu ...
Nyuma y’uko Gen Nyagah wayoboraga ingabo za EAC zari zaroherejwe muri DRC avuze ko avuye muri izi nshingano kubera impamvu zijyanye n’umutekano we, nta yandi makuru yerekeranye n’inshingano z’ingabo y...
U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gukorana na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu kurwanya M23. Ni icyemezo cyatangajwe ku mugaragaro nyuma y’ibiganiro byabuhuje na Minisitiri wa DRC ushinz...
Uhagarariye Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu biganiro bimaze iminsi bibera i Nairobi witwa Sèrge Tshibangu avuga ko mu biganiro bya Nairobi bizaba ku nshuro ya kane( Nairobi 4) nta M...
U Rwanda rumaze igihe kirekire rubwira amahanga ko ruzi neza ko ubutegetsi bw’i Kinshasa bukorana na FDLR ariko hari bamwe bakeka ko ari ugusebanya cyangwa se imvugo yo guharabika umwanzi. Icyakora si...
Amakuru atanganzwa n’abanyamakuru ku giti cyabo ndetse n’urubuga rw’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye avuga ko abarwanyi ba M23 bavuye mu bice byinshi bari barigaruriye. Bimwe muri byo byahise ...
Nyuma y’uko ibyo gushyira intwaro hasi bikozwe na M23 byanze, amakuru avugwa muri izi mpera z’iki cyumweru ni uko ingabo za Angola zemerewe kujya mu Burasirazuba bwa DRC kurwanya M23 zifatanyije na iz...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zongeye kurasana n’abarwanyi ba M23. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa 07, Werurwe, 2023, abarwanyi ba M23 bar...









