Bertrand Bisimwa uyobora M23 mu rwego rwa Politiki yaraye ababwiye itangazamakuru rya DRC n’itangazamakuru mpuzamahanga ko niba ubutegetsi bwa DRC butemeye ko habaho ibiganiro ngo ibintu bikemurwe mu ...
Umukuru wa DRC yaraye abwiye Radio RFI na France 24 ko abasore bagize umutwe wa Wazalendo ari intwari z’igihugu cye. Uyu mutwe ariko ushinjwa kwica abaturage ba DRC bavuga Ikinyarwanda bo mu bwoko bw&...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’Uburundi baje gusezera kuri Major Erenest Gashirahamwe wiciwe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Impamvu y’urupfu rwe ntivugwaho rumwe kuko hari uruhande ruvuga ko y...
Ingaruka z’intambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yari yaratumye umuriro mu Mujyi wa Goma ubura. Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe kibaha amazi kivuga ko kugeza ubu amashanyarazi yaga...
Indege eshatu zo mu bwoko bwa CH-48 za DRC zegerejwe u Rwanda mu gice k’iki gihugu aho abarwanyi ba M23 bari kurwanira n’ingabo za Kinshasa. Zavuye i Kinshasa zigera i Kavumu zicishijwe i Goma. Abazib...
Amashusho yo kuri X yatangajwe n’ikinyamakuru Le Mandat arerekana Umuvugizi w’ingabo z’Uburundi witwa Colonel Floribert Biyereke ahakana ibivugwa ko ingabo z’igihugu cye zikorana na FARDC, Mai Mai, Wa...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda; Dr. Vincent Biruta yabwiye abagize Inteko rusange y’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ko ibyo Guverinoma ya DRC ihora ivu...
Umuvugizi mu bya Politiki wa M23, Lawrence Kanyuka yavuze ko mu masaha ya mu gitondo kuri iki Cyumweru taliki 05, Ugushyingo, 2023 abarwanyi b’umutwe avugira bafatiye ku rugamba abasirikare b’Uburundi...
Ibya M23 n’abo bahanganye biri gufata intera ndende uko iminsi ihita. Nk’ubu abarwanyi b’uyu mutwe batangarije kuri X ko hari intwaro zikomeye baherutse kwaka ingabo za DRC zifatanyije n’abitwa Wazale...
Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Huang Xia yaraye aganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe EAC James Kabarebe uko umutekano mu K...









