Visi Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’ingabo za DRC yageze muri Goma aje kureba uko uyu mujyi umerewe nyuma y’imirwano imaze igihe ibera mu gace gaturanye n’uyu mujyi. Imirwano hagati y’inga...
Umutwe wa M23 waburiye ingabo za Tanzania ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ko nizikomeza kurasa ku baturage ishinzwe kurinda izaziv...
Ingabo za Afurika y’Epfo, Tanzania na Malawi zoherejwe mu butumwa bwo kurimbura umutwe wa M23 umaze igihe warabujije ingabo za Perezida Tshisekedi amahwemo zasakiranye nawo, zimwe zirahakomekera. Ku w...
Amakuru acaracara kuri X aravuga ko hari igisasu cya missile cyarashwe n’imwe muri drones za Leta ya DRC mu bice bicungwa M23. Aya makuru yiriwe acicikana ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko biriya bit...
General Monwabisi Dyakopu niwe washyizweho ngo azayobore ingabo za SADC zoherejwe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo zihangane na M23. Aba basirikare bazava mu bihugu bitatu ari byo Tanzania, ...
Umuvugizi wungirije wa M23 witwa Canisius Munyarugero yaraye yeruye ko abarwanyi b’uyu mutwe biyemeje kurasana n’ingabo za DRC kugeza ubwo Felix Tshisekedi uherutse kongera gutorerwa kuyobora iki gihu...
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ari ryo ryabashotoye guhera kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023, bituma bubura intwaro bararwana. Iyo mirwano iri kubera muri T...
Mu gihugu cya Georgia hari ikigo cyahawe ikiraka cyo kongerera indege z’intambara za DRC ubushobozi bwo kurasa kure no kumara igihe ziri mu kirere ku rugamba ngo zizarwane na M23. Ikinyamakuru Africa...
Taarifa ifite amakuru y’uko hari abasirikare b’Uburundi bagera cyangwa barenga 500 bari muri gereza kuko banze gukorana n’ingabo za DRC mu kurwanya M23. Aya makuru kandi aherutse kugarukwaho na Radio ...
Ni icyemezo aba barwanyi bafashe nyuma y’uko ubutegetsi bwa DRC bwemeje ko abasirikare ba EAC bari baraje kujya hagati y’impande zihanganye, bataha. Bitarenze taliki 10, Ukuboza, 2023 aba basirikare b...









