Guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru, M23 iri gufata ibice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru itarwanye kubera ko abasirikare ba DRC bari kuyibererekera. Ibice imaze gufata birimo agace k’ab...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, mu ijwi rya Guverinoma y’u Rwanda, irasaba Ubuyobozi bw’Afurika yunze ubumwe kureka icyemezo ifite cyo gutera inkunga ingabo za SADC zoherejwe muri DRC kuk...
Uyu mugambi ni gahunda i Kinshasa batangiye gutegura mu mwaka wa 2023 kuko icyo gihe bashakaga guha ikiraka abacanshuro 2,500 bo muri Amerika y’Epfo , iyo bita Amerique Latine. Intego ni uko bagomba k...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubufaransa iyobowe na Stéphane Sejourné yasohoye itangazo rivuga ko iki gihugu gisaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo n’intwaro ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi y...
Vital Kamerhe aherutse gusaba ashimitse Perezida Felix Tshisekedi ko yatera u Rwanda kuko ngo guhora abivuga nta bikore biha abanzi ba DRC urwaho rwo kubona ko ibyo avuga aba akina. Avuga ko gutera u ...
Perezida Cyril Ramaphosa, Felix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye bahuye baganira uko barushaho gukorana mu kurwana na M23. Ndayishimiye aherutse kubwira Abarundi ko ari ngombwa gukorana na DRC kuko...
Uyobora ubutasi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ANR, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’anadi babiri bamwungirije ndetse n’Umuvugizi wa Guverineri w’iyi Ntara ku rwego rwa gisivili bamaze...
Minisiteri y’ingabo za Afurika y’Epfo yatangaje ko hari bombe yahitanye abasirikare bayo babiri abandi barakomereka. Abo basirikare biciwe mu gice gituranye na Goma kandi abandi batatu muri bo bagiye...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 12, Gashyantare, 2024 hari abaturage bo mu gace ka Sake babwiye abasirikare ba MONUSCO ko badashyigikiye ko bakomeza gukorana n’ingabo za DRC kuko ari umwanzi. ...
Lawrence Kanyuka uyobora M23 yatangaje ko abasirikare be baraye bahanuye indi drone y’ingabo za DRC. Bikubiye mu butumwa uyu mugabo yacishije kuri X. Yavuze ko iriya drone ari iya FARDC akanenga...









