AFC/ M23 ivuga ko yafashe imodoka z’intambara z”ingabo za SADC zagiye muri DRC kurwana ku ruhande rwa Guverinoma. Izi ngabo ziri mu butumwa bwiswe SAMIDRC mu Burasirazuba bwa Repubulika Ih...
Yolande Makolo yanyomoje ibyatangajwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko RDF ifatanyije na M23 aribo baraye barashe i Goma ibisasu byahitanye benshi barimo n’impunzi z’ahitwa Mugunga. Kuri uyu ...
Imibare igikusanywa iravuga ko mu mujyi wa Goma harashwe ibisasu byahitanye abasivili bagera muri 11. Muri abo bapfuye harimo abana n’abagore. Iyo bisasu byarashwe aho byarakaje abaturage bituma...
Kuri uyu wa Mbere taliki 29 no kuri uyu wa Kabiri Felix Tshisekedi araba ari i Paris mu Bufaransa aho ajyanywe no gusaba Emmanuel Macron gufatira u Rwanda ibihano ngo kuko rukomeje gufasha M23. Indi n...
Asubiza abavuga ko Kagame atajya aseka, ahora agaragara nabi, Perezida Kagame avuga ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko muri iki gihe hari ibishimishije byatuma umuntu useka. Avuga ko muri ik...
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) witwa Bintu Keita avuga ko M23 ikomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ...
Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yageze i Kinshasa kuganira na mugenzi we uyobora DRC Felix Tshisekedi. Kirr muri iki gihe niwe uyobora Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC. Asuye Repubulika y...
Mu kiganiro yahaye Jeune Afrique, Perezida Kagame yavuze ko ubwo yahamagaraga Perezida w’Uburundi amubaza iby’amakuru y’uko hari ingabo z’Uburundi zarimo zitegurwa kujya muri DRC gufasha FARDC na FDLR...
Imbere y’urukiko rwa gisirikare, abasikare 11 bo mu ngabo za DRC bitabye ngo bumve ibirego by’ubushinjacyaha by’uko bahunze urugamba bari bahanganyemo n’abarwanyi ba M23. Barashinjwa ubugwari ku rugam...
Général Major Chicko Tshitambue na bagenzi be baraye bohererejwe ubutumwa bw’uko bagomba gusubira i Kinshasa kugira ngo bagire ibyo babazwa ku biri kubera mu gace bashinzwe kuyoboramo ingabo. Aho ni m...









