Video bivugwa ko yafashwe ku wa Kane tariki 26 Ukuboza, 2024 niyo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga bikozwe na Lt Col Willy Ngoma uvugira M23. Ni amashusho arimo abantu bambaye imyambaro ya gisirikar...
João Lourenço uyobora Angola aherutse gutekerereza Perezida wa Mauritania, akaba na Perezida w’Afurika Yunze ubumwe, witwa Mohamed Ould Cheikh El Ghazouani aho agejeje ubuhuza akora hagati ya Kigali n...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yaraye agiriye urugendo mu Burundi aganira na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bagirana ibiganiro mu muhezo. Bidatinze, Ibiro ...
Kuri uyu wa Mbere imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, buri ruhande rushaka kwigarurira agace ka Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru. Radio Okapi ivuga k...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko mu nama yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 14, Ukuboza, 2024 yahuje ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda( Olivier Nduhungirehe) na D...
Perezidansi ya Angola yatangaje ko ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Perezida Kagame na Perezida Tshisekedi bitakibaye. Ni amakuru RFI ivuga ko yizewe kuko yatangajwe na Angola, igihugu gikora ub...
Biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame mu gihe gito kiri imbere ari buhure na Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bagahurira muri Angola. Mbere y’uko bahura, ba Minisitiri b’ububanyi n...
Kamwe mu duce M23 iri gushaka kwigarurira mu bindi bice bya Kivu y’Amajyaruguru kitwa Lubero kagiye kumara iminsi 11 harabaye isibaniro hagati yayo n’ingabo za DRC. Kuri uyu wa Kane taliki 12, Ukuboza...
Tariki 15, Ukuboza, 2024 i Luanda muri Angola hateganyijwe Inama izahuza Perezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ku butumire bwa mugenzi wabo uyobora Angola...
Tariki 25, Ugushyingo, 2024 i Luanda muri Angola habereye inama yahuje Minisitiri Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na mugenzi we Judith Kayikwamba Wagner wa DRC, iganirirw...








