Sama Lukonde wari umaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaraye yemerewe kwegura. Amakuru avuga ko yeguye kubera ko yari aherutse gutorerwa kujya mu Nteko ishi...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi, yatangaje ibihe bidasanzwe mu ntara za Kivu y’Amajyarugu na Ituri, kubera ibibazo by’umutekano bikomeje kuzigaragaramo. Iki cyem...

