Abantu barindwi nibo babaruwe ko baguye mu mirwano hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba CODECO, umutwe umaze igihe uri mu yindi myinshi ica ibintu mu Ntara ya Ituri. Mu ...
Kuri iki Cyumweru hari abasore bane bafashwe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biyemerera ko batorejwe igisirikare muri Uganda bigizwemo uruhare na Thomas Lubanga Dyilo uyobora ishyaka UPC...

