Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko yaraye aganiriye na bagenzi be bayobora u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, batinda ku ntambara ikomeje guca ibintu hafi ya Goma. Yasabye ko...
Kuri uyu wa Gatandatu i Luanda muri Angola habereye indi nama yahuje Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC witwa Thérese Kayikwamba Wagner. Basubiy...
Intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’iz’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaraye ziganiririye i Luanda uko amahoro arambye yagaruka mu Karere. Ni ibiganiro bikurikira ibindi byabaye mu gihe c...
Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi avuga ko mugenzi we uyobora Kenya yatumye iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Nairobi yari agamije kugarura amahoro mu Burasi...
Perezida Kagame yageze muri Angola mu ruzinduko rw’akazi nk’uko Ibiro bye byabitangarije kuri X. Arakirwa na mugenzi we João Lourenço baganire ku bibazo birimo n’ikibazo cy’umutekano muke mu Burasiraz...
Itangazo ryasohowe nyuma y’ibiganiro byahuje Perezida Kagame na mugenzi we wa Sudani y’Epfo Salva Kirr rivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi bemeranyije ko kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Karere k’...
Bertrand Bisimwa uyobora M23 mu rwego rwa Politiki yaraye ababwiye itangazamakuru rya DRC n’itangazamakuru mpuzamahanga ko niba ubutegetsi bwa DRC butemeye ko habaho ibiganiro ngo ibintu bikemurwe mu ...
Ubuyobozi bwa M23 bwaraye butangaje ko uyu mutwe ugiye guhagarika intambara ukava no mu bice wigaruriye. Icyakora uracyasaba ibiganiro n’Umuhuza mu bibazo bya DRC. Si ubwa mbere usabye ibi biganiro nt...







