Mu rwego rwo gukora inshingano z’ubuhuza aherutse gushingwa na Afurika yunze ubumwe, Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé yahuye na mugenzi we wa DRC Tshisekedi bagira ibyo baganira. Ibir...
Umuryango wa Afurika yunze ubumwe uherutse kugena Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé ngo abe umuhuza mu kibazo kiri hagati ya M23, u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inshingano...
Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko yaraye aganiriye na bagenzi be bayobora u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, batinda ku ntambara ikomeje guca ibintu hafi ya Goma. Yasabye ko...
João Lourenço uyobora Angola aherutse gutekerereza Perezida wa Mauritania, akaba na Perezida w’Afurika Yunze ubumwe, witwa Mohamed Ould Cheikh El Ghazouani aho agejeje ubuhuza akora hagati ya Kigali n...
Nyuma y’uko Perezida wa Angola ahuye na Tshisekedi ndetse na Kagame mu bihe bitandukanye, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Angola yatangaje ko mu gihe kiri imbere Perezida Paul Kagame w’u Rwanda az...
Nyuma y’amasaha atatu y’ibiganiro hagati ye na mugenzi we uyobora Angola, Perezida Felix Tshisekedi yaje kwemera guhura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bakaganira kubyo igihugu cye kimaze igihe gi...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rivuga ko Amerika binyuze muri Antony Blinken iherutse kubwira Perezida wa Angola Joao Lourenço ngo azagire inama Tshisekedi yo kuganira na M...
Perezida wa Angola João Manuel Goncalves Lourenço yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Nyuma y’ibiganiro bagiranye mu mwiherero, y...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço. Minisit...








