Ikigo cy’Abongereza n’Abanya Australia kitwa Rio Tinto Minerals Development Ltd cyasinyanye na Leta y’u Rwanda binyuze mu kigo cyayo gishinzwe Petelori, Mine na Gaz amasezerano y’uburyo ibuye rya Lith...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’ubucukuzi bwa mine na gazi, RMB, Amb.Yemima Karitanyi yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo gushaka ahantu hose haba hari ibuye rya lithium mu Karere ka Rwamagana. Ubu b...
U Rwanda rwungutse ahandi hantu hari ibuye ry’agaciro rya Lithium rigezweho mu nganda z’ikoranabuhanga mu gukora imodoka n’ibikoresho by’ikoranabuhanga. Ryabonetse mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa...
Ikigo Mpuzamahanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyo mu Bwongereza kitwa Rio Tinto Mining and Exploration Ltd kigiye gushora mu gucukura ayo mu Rwanda. Mu mabuye menshi bazacukurua harimo n’irya L...
Minisiteri ishinzwe gucukura amabuye y’agaciro muri Australia yaraye isohoye raporo yise Critical Minerals Strategy ivuga ko kimwe mu bihugu bibangamiye Australia mu icukurwa ry’ibuye rya Lithium ari...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yafunguye ku mugaragaro uruganda rwubatswe kandi ruzakorerwamo n’ibigo bitatu bizarutunganyirizamo amabuye y’agaciro y’ubwoko bune ari bwo Tin,...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hafatiwe umugore ari kumwe n’umugabo bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko. Abaturage b’aho babonye uwo mugore n’uriya mugabo binjiye a...
Uko ikoranabuhanga ritera imbere, abantu bagakenera telefoni, mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga ni ko inganda zibikora zikenera ibuye muri iki gihe bamwe badatinya ko ari yo zahabu igezwe...






