Mu rwego rwo kwirinda ko ibiciro byakomeza kuzamuka bikaremerera Abanyarwanda, Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha iyindi, RURA, rwatangaje ko Guverinoma y’...
RURA yatangaje ko guhera ku Cyumweru Taliki 08, Ukwakira, 2022 litiro ya Lisansi izagura Frw 1,580 n’aha litiro ya Mazutu ikazagura 1,578. Litiro ya Mazutu ku ipompo yaguraga Frw 1607 n’aho iya lisans...
Amakuru mashya aravuga ko Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiciro gishya cya lisansi kiyongereye kiva ku Frw 1609 avuye kuri Frw 1460 kuri Litiro. Mazutu yo yavuye ku Frw 1503 igera ku Frw 1607. Ib...
Ikibazo cyo kubura kw’ibikomoka kuri petelori gishobora kuba ari cyo cyatumwe bamwe biyemeza gushaka no kugurisha litiro 90,000 bya lisanse mu buryo bwa magendu. Ubwato butwaye iriya lisansi bwafatiwe...
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri Petelori bwari busanzwe buk...
Ikigo ngenzuramikorere gukurikirana imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Mata, 2022 igiciro cya Mazutu ari Frw 1,368 kuri litiro mu gihe...
Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera kuri uyu wa 16 Ukwakira kugeza ku wa 14 Ukuboza 2021, igiciro cya lisansi i Kigali kitagomba kurenga 1143 Frw mu gihe icya mazutu cyagumye ku 1054 F...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda bitazahinduka mu mezi ya Gicurasi na Kamena 2021, mu gihe hagendewe ku biciro ku isoko mpuzamahanga, byagombag...






