Iyo kipe yo muri Libya yegukanye Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL2025) itsinze Petro de Luanda yo muri Angola amanota 88-67. Hari mu mukino wa nyuma wabaye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, t...
Ikipe Al Ahli Tripoli BBC yatsinze APR BBC amanota 90-68 mu mukino witabiriwe na Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame kandi iyitsinda iyirusha mu buryo bugaragara. Wari umukino wa gatatu mu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta ari kumwe n’Umuyobozi wungirije wa RDB bari baganiriye n’abayobozi bo muri Libya ngo barebe uko u Rwanda rwakorana n’iki gihugu. Libya ni igihugu gi...
Ku kibuga cy’indege cya Kanombe haraye hageze abimukira 153 baturutse muri Libya. Baje basanga abandi babarirwa mu bihumbi baba mu nkambi iba mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera. Abaraye bagez...
Libya, Ubugereki, Espagne, Ubushinwa, Hong Kong n’Amerika y’Amajyepfo ni ibice bitandukanye by’isi biherutse kwibasirwa n’imyuzure yishe ibihumbi n’ibihumbi by’abantu. Nk’ubu hari ubwoba ko abantu bar...
Abantu batishimiye ko Libya iri kuganira na Israel bazindutse baha inkongi inzu ya Minisitiri w’Intebe wa Guverinoma y’ubumwe bw’abanya Libya witwa Abdulhamid Dbeibeh. N’ubwo batwitse iya Minisitiri w...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Itangazamakuru ryo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika rivuga ko ubutegetsi bw’i Washington buri gukora uko bushoboye kugira ngo bukumire imbaraga z’abacanshuro ba Wagner muri Libya no muri Sudan. Nyuma ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu Biro bye umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira Bwana António Vitorino. Baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo ubufatanye bwagutse hagati y’u ...
Ibiro bya Minisitiri Pritti Patel ushinzwe ibibera imbere mu gihugu cy’u Bwongereza byatangarije BBC ko taliki 14, Kamena, 2022 ari bwo indege izanye abamukira bavuye muri kiriya gihugu bagiye mu Rw...









