Ikigo Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda) cyashyizeho uburyo bushya bwo guhererekanya amafaranga hagati y’abacuruzi bishyurana kugira ngo buborohereze mu kazi kabo. Bwiswe MoMoBusiness (MoMoBiz). Bw...
Mu rwego rwo kongera umwuka w’ubufatanye n’ubusabane bigamije ubumwe bw’abatuye Sudani y’Epfo, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakorera muri kiriya gihugu bavuze ko muri cyo hazajya habera umuganda n...
Taarifa yabwiwe ko ubuyobozi bw’Ikigega cyo kuzahura ubukungu, Economic Recovery Fund, kirengagije nkana kwishyura amafaranga ya nkunganire Leta yemeye guha ibigo 24 bitanga serivisi zo gutwara abantu...
*Bamwe bashora Leta mu manza igatsindwa, abandi bagakoresha amafaranga yayo mu byo atagenewe… Ibihano abakozi ba Leta y’u Rwanda bahabwa kandi bidakurikije amategeko bituma bayirega igatsinda imanza b...
Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afit imyaka 73 y’amavuko. Yabitswe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu itangazo yasohoye ryabonyw...
Uwahoze ari Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta Bwana Obadiah Biraro yavugiye kenshi mu ruhame ko hari inzego yagiriye inama ngo zikore ibyo urwego ayobora rwazisabaga mu rwego rwo kunoza imicungire y’i...
Abagize Ihuriro Nyarwanda ry’abafite ubumuga bwo kutabona, Rwanda Union of the Blind, basaba RDB( ihagarariye Leta y’u Rwanda kuri iyi ngingo) nk’ikigo gifite inshingano yo kurengera iby’umutungo mu ...
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda bamaganye ibiherutse kwandikwa n’ikinyamakuru The Mirror cyo mu Bwongereza ko Leta y’u Rwanda izimura abana ‘barokotse Jenoside yakorewe Abatut...
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Congo- Brazaville byanditse kuri Twitter ko Perezida Paul Kagame azasura iki gihugu taliki 11, Mata, 2022. Byatangajwe ko azahakorera urugendo rw’amasaha 72 akazageza ij...
Umutwe wa gisirikare( ufite n’ishami rya politiki) Mouvement du 23 Mars( M23) uvuga ko ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bukomeje kugirira nabi abasirikare bawo bamanitse amaboko bakemer...









