Mu Rwanda hari kubera inama yahurije hamwe ibihugu bigize COMESA iri kwigira hamwe uko ibikoresho bitanga ingufu zisubira cyane cyane iziva ku mirasire y’izuba byahabwa ubuziranenge kandi bigakwizwa m...
Umubyeyi witwa Munyazesa avuga ko kuba Minisiteri y’uburezi yatangaje ko uruhare rw’umubyeyi [rw’amafaranga] mu myigire y’umwana we ari ibyo kwishimira n’ubwo hari abazakomeza kugorwa no kubona ayo m...
Umunyarwanda wigisha Filozofiya muri za Kaminuza mpuzamahanga Prof Isaie Nzeyimana avuga ko burya ikibazo cy’ibanze ibihugu bifite ibibazo bigira ari ‘ukutagira Leta.’ Mu kiganiro yahaye ubwanditsi bw...
Guhera Taliki 05, Nzeri, 2022 abayobozi bakuru b’ibigo bya Leta byagaragaweho gusesagura cyangwa gucunga nabi umutungo wa Leta mu buryo butandukanye, bazatangira kwitaba Komisiyo ishinzwe imikoreshere...
Umukuru w’Igihugu nyuma yo gusura no kuganira n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, yahise ajya muri Huye. Yaganiriye n’abavuga rikijyana muri Huye baganira ku bikiri imbogamizi ku iterambere ry’abaga...
Kuri uyu wa Mbere, Taliki 8 Kanama 2022, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi MINECOFIN, Tusabe Richard yagejeje ku bagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena ishingiro ry...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Gaspard Twagirayezu yaraye atangaje ko iyi Minisiteri yahinduye uburyo amanota yatangazwagamo mu rwego rwo ‘korohe...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rushimirwa ingamba rwafashe kugira ngo habeho kwirinda indwara ariko habeho n’uburyo bwo kuzivuza. Icyakora hari amakuru aherutse gutangazwa na raporo y’umugenzuzi mukuru w...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Assoumpta Ingabire avuga ko kugira ngo umuryango utekane kandi ugirwe n’abantu bashoboye ari ngombwa ko ababyeyi baha abana babo ibyo bake...
Mu ruzinduko ari mo muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Paul Kagame yaraye ahuye n’Umuyobozi w’iki gihugu witwa Mohamed Bin Zayed amufata mu mugongo mu izina ry’Abanyarwanda nyuma y’uko iki gihugu g...









