Umwana wahembwe yitwa Alexis Ndahimana. Aherutse kurusha abandi bigaga mu kiciro cy’ubumenyi rusange bakoze ibizamini bya Leta mu bumenyi rusange mu mwaka wamashuri 2021-2022. Nibwa ubwa mbere bibaye ...
Minisitiri w’Intebe wa Guverinoma y’inzibacyuho wa Burkina Faso witwa Apollinaire Kyelem de Tambela yasabye mugenzi we wa Mali kurebera hamwe uko ibihugu byombi byakwihuza bigakora igihugu kimwe. Avug...
Leta y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yatangaje ko igiye kwigomwa nibura Miliyari Frw 27 Frw mu rwego rwo kuvugurura no kunoza gahunda z’imisoro. Perezida Kagame aheruts...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’am...
New York yabaye Leta ya Gatandatu muri Leta 51 zigeze Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje ko imirambo y’abantu izajya ifumbizwa. Gufumbiza imirambo y’abantu ngo ni igikorwa kitangiza ibidukikije nk’uko...
Mu mpera z’Ukuboza, 2022 hari amashusho abantu bazindukiyeho y’imirambo y’abantu bari bambaye imyenda y’impuzankano y’ingabo za DRC. Umwe muri abo bantu yari Umuzungu bivugwa ko ari umucanshuro wo mu...
Minisiteri y’uburezi yatangaje uko abakoze ibizamini bya Leta bose hamwe bangana na 227.472 muri bo abatsinze ababitsinze ni abanyeshuri 206.286 bangana na 90.69%. Ni umubare wiyongereye ho 7.89% ug...
Aho ari mu Nama mpuzamahanga yiga k’ukurinda ibidukikije iri kubera mu Misiri, Umukuru w’u Rwanda yaraye aganiriye na bagenzi be barimo Umaro Sissoco Embaló uyobora Guinea-Bissau, Emmerson Mnangagwa u...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta arenga Miliyari Frw 2. Iby’i...
Kuva Leta y’u Rwanda yatangaza ko ababyeyi b’ abana biga mu mashuri y’incuke n’abanza bazajya bishyura Frw 975 ku gihembwe kugira ngo babashe gufatira amafunguro ku ishuri, muri Huye ni hamwe mu hata...









