Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko igenamigambi ritaganya ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% mu mwaka wa 2023. Biteganyijwe ...
Madamu Jeannette Kagame yifurije ababyeyi b’abagore umunsi mwiza wahariwe kuzirikana urukundo bagirira abagize imiryango. Mu butumwa yabageneye yavuze ko ababyeyi b’abagore ari abantu barangwa n’uruku...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ibyo gushakisha imibiri itandatu y’abantu baguye mu kirombe kiri mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye bihagarara. Hashize iminsi 16, Guverinoma ishakisha abo bantu ba...
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Alexis Kamuhire yabwiye Inteko rusange y’imitwe yombi mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko muri rusange ibitabo by’ibaruramari mu bigo bya Leta bikoze neza. Ni r...
Uyu Munyarwanda umaze iminsi ari mu bavugwaho cyane mu itangazamakuru yitabye ubugenzacyaha ngo asobanure iby’inyandiko aherutse gusohora ivuga ko yabaye umugore kandi ko iyo nyandiko yayihawe n’Urweg...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’. Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratang...
Abantu 16 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’inkongi ikomeye yisabiye inyubako yabagamwo abantu benshi iri mu Mujyi wa Dubai. Dubai niwo mujyi utuwe cyane kandi ukorerwamo byinshi muri Leta zunze u...
Mu Karere ka Rubavu hamaze iminsi ibiri hateraniye inama nyungurabitekerezo yahuje intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo mu iterambere. Guverinoma yasabye abafatanyabikorwa bayo ku...
Umunyamakuru wo muri Zimbabwe witabiriye ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Werurwe, 2023 yamubajije intandaro y’Inama y’Umushyikirano. Perezida Kagame ya...
Ikawa ni igihingwa abahanga bemeranya ko gikomoka muri Brazil. Hari n’abavuga ko ari cyo kinyobwa kinyobwa n’abantu benshi nyuma y’amazi. Umuntu wese unywa ikawa azi uburyo itera akanyabugabo k’umuntu...









