Buri taliki 16, Ukwakira, isi yizihiza umunsi yahariye ibiribwa mu bantu. Ni umunsi hazirikanwa akamaro ko kwihaza mu biribwa kuri buri wese n’aho atuye hose ariko hakibandwa ku bana kuko ari bo mizer...
Abanyarwanda bakunze kwibaza igikurikiraho iyo Komisiyo y’Inteko ishinzwe iby’umutungo wa Leta, PAC, imaze kumva inzego zagaragajwe mu gukoresha nabi umutungo wa Leta. Ubusanzwe mu cyumba PAC yumviram...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu rwego rwo kugabanya ibyago by’uko abatwara amagare bahura n’impanuka zitewe n’uko bwije, nta gare rigomba kuba rikiri mu muhanda guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Kub...
Dr. Uwera Claudine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibidukikije yafatanyije n’abayobozi muri REMA, RSB n’ikigo gishinzwe kubungabunga amazi mu gusinya amaserano yo kubaka inzu z’ubushakashats...
Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300 bari baje kumva ibyo Abashinwa babasa...
Mu rwego rwo gutuma urwego rw’ubuzima mu Rwanda rutera imbere kandi bikagirira akamaro Abanyarwanda muri rusange, Minisiteri y’ubuzima ivuga ko igiye kongera umubare w’abaforomo, ababyaza n’abajyanama...
Nyuma y’uko Paul Rusesabagina arekuranywe n’abantu bagera kuri 20 bari barakatiranywe mu rubanza yaregwagamo, abari bararegeye indishyi barazihawe nk’uko amakuru dufite abyemeza. Paul Rusesabagina yar...
Abanyeshuri basaga ibihumbi 202 biga mu mashuri abanza batangiye ibizamini bya Leta birangiza umwaka wa 2022/23. Muri bo abahungu ni 91,067 n’abakobwa 111,900, bose hamwe bakaba abana 202,967. Imibar...
Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone arembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera kurwara igifu. Muri iyi minsi yagiye kuvurirwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Mu minsi yatambutse abagan...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, kirashaka ko hatorwa itegeko rigiha ubuzima gatozi, kikareka kuba ikigo kigenwa na Minisiteri y’Intebe. Ibi bizagiha ububasha bwo gutoranya no gushyiraho ab...









