Umuyobozi muri CLADHO ushinzwe ibikorwa no kwita ku bana, Evariste Murwanashyaka avuga ko kuba Leta yarashyizeho gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri byatumye abenshi muri bo bakunda kwiga. Yabivuz...
Abagize Sosiyete Sivile Nyarwanda bavuga ko batifuza ko umushinga w’itegeko rigenga imikorere yayo wagejejwe mu Nteko ishinga amategeko ngo iwutore, utorwa kuko uramutse utowe wazabangamira imikorere ...
Dr Bernard Dzawanda ushinzwe iterambere ry’ibikorwaremezo n’imishinga mu isoko ry’ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika, COMESA, avuga ko imishinga Leta zifatanyamo n’abikorera ikiri mike, ikadindira kand...
Umuhanga mu ibaruramari Obadiah Biraro avuga ko abacungamari bo mu Rwanda ari abo gushimira ko bagize uruhare rugaragara mu gucunga neza umutungo w’u Rwanda ku buryo kugeza ubu ingengo y’imari y’u Rwa...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi kagiye kwicara gasuzume niba ibisabwa byose byuzuye ngo Palestine yamererwe kuba umunyamuryango uhoraho w’Umuryango w’Abibumbye. Ni icyemezo gi...
Ikigo cy’Igihugu gishizwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, (RAB), cyahagaritse ingendo n’ubucuruzi bw’ingurube mu Karere ka Rusizi kubera indwara ya muryamo mu ngurube yagaragaye muri iki gice cy’...
Ababyeyi bafite abana bagira ikibazo cya Autisme barasaba Guverinoma y’u Rwanda gutekereza uko nabo bashyirirwaho uburyo bwo kubunganira mu kuvuzwa no kwitabwaho mu bundi buryo bwihariye. Ni uburyo bw...
Umunyarwandakazi ushinzwe Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Musoni Paula Ingabire yashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bafite munsi y’imyaka 40 bavuga rikijyana. Abandi Banyarwanda baruriho ni A...
Mu myaka itanu iri imbere Minisiteri y’ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo barimo ikigo MSH bazaba bararangije guhugura ababyaza n’abaforomo 4,000 bazafasha mu kugabanya icyuho cy’aba bantu bakora mu rw...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugira umuco wo kwizigamira, Ikigo Rwanda National Investment Trust Ltd kivuga ko kuva cyajyaho mu mwaka wa 2016 kimaze gukusanya Miliyari Frw 40 kandi kicyakira aba...









