Mu gihe byari bimaze iminsi byumvikana mu makipe akomeye muri shampiyona y’u Rwanda, iby’amarozi mu kibuga byavuzwe no mu mukino ihuza ibigo bya Leta y’u Rwanda. Urugero ni umukino waraye uhuje ikipe ...
Muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu hari abaturage 1000 ba Uganda bari mu byago byo gufungwa kubera ko bahaba mu buryo budakurikije amategeko. Bari bamaze igihe barahawe umwanya wo gushakisha impapuro z...
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagize Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024 batangaje ko ibarura ry’ubutaka bw’u Rwanda ryagar...
Isesengura ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025 yemejwe n’Inteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryerekana ko 13,12% byayo yose bizashyira mu rwego rwo gisirikare n’izindi nzego ...
Mouvément du 23 Mars( M23) yamaze kugera muri teritwari ya Walikale, iyi ikaba teritwari nini kurusha izindi zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kivu y’Amajyaruguru igizwe na Teritwari eshanu....
Mu ibaruwa Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), yandikiye Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith harimo ko agomba gukuraho icyemezo cyo kwirukana Ndagijimana Froduard wari...
Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere hari Ikiruhuko rusange. Ni itangazo rigenewe abakoresha n’abakozi bo mu nzego za Leta. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 11 ...
Mu bice by’Ubutayu bwa Sahara bwo muri Mauritania, Morocco na Tunisia hari Abirabura bahajugunywe n’abayobozi b’ibi bihugu nyuma y’uko bafashwe bashaka kujya mu Burayi. Ikinyamakuru Der Spiegel cyo mu...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe zimirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA) rwatangaje ko mu gihe cy’amezi abiri ari imbere, ni ukuvuga guhera 05 Kamena 20...
Umuryango mpuzamahanga uharanira kuwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda, washimye ko u Rwanda rutegura rugashyira mu bikorwa rukanagenzura ingengo y’imari yarwo. Mu mwaka wa 201...









