Ahitwa Kagugu mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa ikigo kita ku babyeyi( maternity center) kizafasha abagore batwite kubyarira kwa muganga kandi hafi yabo, abatwite nabo bakabona a...
Ihuriro ry’abagore bihurije muri Rwanda Women’s Network bashima Leta y’u Rwanda ko yashyizeho politiki zo guteza imbere umugore no kumurinda ihohoterwa ariko rikifuza ko ibikubiye mu mwanzuro wa 1325...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere Madamu Clare Akamanzi yabwiye imwe muri Televiziyo yo mu Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko mu mikorere y’Abanyarwanda habamo kwiyemeza kandi baka...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco, Hon Edouard Bamporiki yabwiye Taarifa ko iby’uko hari abantu bumvise avuze ko abaye ‘Idebe’ ubwo yahabwaga inka n’umukobwa bakum...
Ubwo Urukiko rw’ikirenga rwategaga amatwi ibisobanuro ku kirego umunyamakuru Byansi Samuel Baker yakigejejeho avuga ko asaba ko ingingo ya 71 yerekeye imiburanishirize y’imanza mbonezamubano, iz’ubuc...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko mu Cyumweru kizatangira tariki 02, Kanama, 2021 hari Abanyarwanda bazakingirwa icyorezo COVID-19. Ni icyemezo kizashyirwa m...
Sosiyete Sivili yo muri Uganda yanenze Leta ko yemeye guha buri Mudepite ibihumbi56$ ni ukuvuga miliyoni 200 z’amashilingi ya Uganda kugira ngo agure imodoka nshya. Abagize sosiyete sivili ya Uganda b...
Minisitiri w’Umurimo n’abakozi Fanfan Rwanyindo Kayirangwa avuga ko kimwe mu bintu bitaragerwaho mu mikorere y’abakozi mu nzego za Leta ari uko hari urwego rudahagije rw’imyifatire n’imyitwarire ya ba...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cy’u Rwanda cyabwiye Taarifa cyamaze gufatira imitungo yose y’ikigo kitwa Aldango LTD gifite 50% y’imigabane y’abashoramari b’i Dubai kubera ko kitishyuye imisoro...
Hari ibihugu by’Afurika byigiranye amasezerano n’ibigo byo mu Burayi n’Amerika bitanga serivisi z’umutekano ngo bize kuwurindira muri Afurika. Aba bacanshuro bica abaturage ba biriya bihugu bashinjwa ...









