Raporo igaragaza ko abizigamiye muri Ejo Heza mu gihugu hose mu mezi arindwi ashize( ni ukuvuga guhera muri Nyakanga 2024 kugeza Mutarama, 2025), bamaze kuzigama Miliyari Frw 7,5. Ni ubwizigame bunga...
Abanyarwanda barasabwa kumenya ko ‘akabando k’iminsi ari umurimo’ ariko nanone ko ‘ugaca kare ukakabika kure.’ Ni inama ikubiyemo byinshi birimo no kwizigamira kugira ngo agafaranga kazakugoboke mu m...
Urwego rw’igihugu rw’ubwizigamire, RSSB, ruri gutekereza uko abaturage bahabwa uburyo bwo kujya biteganyiriza binyuze kuri telefoni cyangwa banki zabo ‘byikoze.’ Abahanga b’iki kigo bavuga ko byaba ub...
Hari imwe mu migani y’Abanyarwanda y’urucantege ku bantu bashaka kwizigamira. Imwe muri yo ni iyi:’ Amavuta y’umugabo ni amuraye ku mubiri, Imbitsi ya cyane ibikira mukeba, Ikizere kiraza amasinde, Wi...



