Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugira umuco wo kwizigamira, Ikigo Rwanda National Investment Trust Ltd kivuga ko kuva cyajyaho mu mwaka wa 2016 kimaze gukusanya Miliyari Frw 40 kandi kicyakira aba...
Zimwe mu nama Banki y’isi yaraye ihaye Guverinomaa y’u Rwanda nyuma yo gutangaza raporo ku miterere y’ubukungu bwarwo, zivuga ko ikwiye kureka ishoramari ryinshi rigakorwa n’abikorera ku giti cyabo. N...
Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali yavuze ko iyo umuntu agize ubushobozi bwo kwizigamira kandi mu gihe kirekire, ubwabyo biba ari ishoramari. Avuga ko kugira ngo bishoboke, bisaba ko umuntu am...



