Righathi Gachagua wigeze kuba Visi Perezida wa Kenya yasezeranyije abaturage ko nibahitamo neza bakamutora mu matora y’Umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2027, azasubiza Kenya icyubahiro yahoranye kubwa...
Sentore Lionel waririmbye imwe mu ndirimbo zacuranzwe cyane mu mwaka wa 2024 mu gihe cyo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi( yari Paul Kagame) agiye kumurika alubumu iriho iyo ndirimbo n’izindi. Mu...
Umubyeyi wa Ahishakiye Umutoni, umwana w’umukobwa waguye mu muvundo wabereye mu Karere ka Rubavu ubwo Paul Kagame wari umukandida wa FPR Inkotanyi yari yaje kuhiyamamariza mu mpeshyi ishize, yahawe in...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yageze ku Biro bikuru by’Ishyaka rye National Resistance Mouvement, NRM, gufata impapuro zimwemerera ku mugaragaro ko ari we uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’ig...
Miguel Uribe Turbay ufite imyaka 39 y’amavuko washakaga kwiyamamaza ngo ayobore Colombia, igihugu cyo muri Amerika yo Hagati, yarashwe amasasu atatu, abiri mu mutwe n’irindi mu ivi ariko n...
Kuri uyu wa Gatandatu Perezida Paul Kagame azakirira abatuye Umujyi wa Kigali muri BK ARENA mu Karere ka Gasabo. Yaherukaga kuganira mu bikorwa bye byo kwiyamamariza gukomeza kuyobora u Rwanda byabay...
Ubwo Paul Kagame yiyamamarizaga mu Karere ka Karongi hafi y’aho ibiro byako byubatse yavuze ko azabaza abashinzwe kubaka umuhanda Karongi-Ngororero-Muhanga icyatumye udindira. Amashusho ari kuri X yaf...
Barack Obama yaraye ahamagaye Kamala Harris amubwira ko we n’umuryango we biyemeje kuzamushyigikira mu kwiyamamariza kuyobora Amerika. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi mu bakurikirana politik...
Igikuba cyacitse ubwo Donald Trump wari uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika yaraswaga. Byabereye muri Leta ya Pennsylvania, USA. Abantu bagiye kumva bumva isasu barebye babona Do...
Paul Kagame yageze mu Karere ka Bugesera ahitwa Kindama mu Murenge wa Ruhuha aho ari bwiyamamarize mu kanya gato kari imbere. Ubwo yaherukaga kwiyamamaza, yari ari mu Karere ka Kirehe. Icyo gihe yavuz...









