Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Mu Mudugudu wa Bannyisuka, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musanze, Akarere ka Musanze haravugwa urupfu rwa mutwarasibo wiyahuye abitewe no kutihanganira ubusinzi bw’umugore we. Hari inyandiko bavug...
Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika. Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Ak...
Mu Mudugudu wa Kinunu, Akagari ka Bushaka, Umurenge wa Boneza, mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru y’umugabo basanze ari mu kiziriko cy’ihene yapfuye, bikavugwa ko yiyahuye ahunga umwenda wa Frw 5, ...
Umusore utaramenyekana umwirondoro yabanje kwandika ibaruwa avuga ko agiye kwiyahura kandi ko umubiri we uzahabwa inyamaswa zikawurira mu ruhame. Yiyahuriye mu Mudugudu wa Mahoro, Akagari ka Karambo, ...
Umwongereza wahoze mu basore bane bashinze itsinda One Direction witwa Liam Payne yaraye yiyahuye amanutse mu igorofa ya gatatu ya Hoteli yitwa CasaSur Palermo Hotel iri mu Murwa mukuru wa Argentine ...
Mu Kagari ka Kibenga, mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bakamuta mu bwiherero. Bikekwa ko bamutaye...
Ngirimana Adolphe w’imyaka 23 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu yiyahuje umuti wa Tiyoda uzwiho kwica udukoko nyuma y’icyumweru kimwe arongoye. Ntiharamenyekana icyabimuteye! Kuri uyu wa Mbere taliki 1...
Umusore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Rugamba, Akagari ka Rurembo, Umurenge wa Rusasa, Akarere ka Gakenke aherutse kwiyahuza umugozi yo gukomereza uwo bavukana akoresheje umuhoro agakeka ko ...
Umukozi w’Umurenge wa Ruvune, mu Ka Gicumbi witwa Habakurama Jean Paul w’imyaka 41 akaba asanzwe ashinzwe kwakira abantu (Customer care) yabwiye umugore we kubera kumubuza amahwemo, ari bwiyahure. Und...









