Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva asaba abaturage ba Musanze by’umwihariko n’abo mu tundi turere dukora kuri Pariki y’Ibirunga ko iyo ingagi zibungabunzwe, akamaro kabyo nabo kabageraho. Nsen...
Mu mugoroba wo kwishimira uko kwita ingagi ku nshuro ya 20 byagenze, ab’imena mu batumiwe bazasusurutswa n’itsinda ricuranga Zouk ryitwa Groupe Kassav. Bizabera muri Kigali Convention Center mu masaha...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko kuba ingagi zitwa amazina buri mwaka mu muhango ngarukamwaka byazamuye imibereho y’abatuye iyo Ntara. Ibi kandi byashimangiwe...
Abanyarwanda basanzwe bita abana babo amazina mu muhango buri rugo rwavukishije umwana rukora witwa ‘Kwita umwana’. Abawitabiriye cyane cyane abana barya icyo bita ubunnyano. Si abana gusa Abanyarwan...
Mu Kinigi ku wa Gatanu Taliki 02, Nzeri, 2022 hazaba umuhango ngarukamwaka wo kwita amazina abana b’ingagi 20 baherutse kuvuka. Mu byamamare bizabita amazina harimo na Salma Makansanga Rhadia, Umunyar...
Nyuma y’imyaka ibiri kwitira abana b’ingagi amazina bidakorwa imbonankubone kubera kwirinda COVID-19, muri uyu mwaka wa 2022 bigiye kongera bikorwe. Byaraye bitangajwe n’ubuyobozi bushinzwe ubukerarug...





